AMAKURU Y'INGENZI
Ikaze
Tumenye Akarere
Ubuyobozi
Serivise
Ibyingenzi
Amatangazo
Amasoko n'Akazi
Inyandiko
Amakuru
Ibyingirakamaro
Village
Features
Urubuga
Andikira Meya
Amafoto
Ibitekerezo
Ibibazwa Cyane
Staff E-mail
ABATERANKUNGA
RITA
MINALOC
The District
Murakaza Neza

TWAGIRUMUKIZA Celestin

Umuyobozi w'Akarere

Tubahaye ikaze mu Karere ka Ruhango
Imiterere y'Akarere

  • Akarere gafite Ubuso: km2 636,8
  • ,Abaturage:282 812
  • Ubucucike : 450,1hab/km2
  • Imirenge :9
  • Utugari :59
  • Imidugudu :533

Aho gaherereye:

Akarere ka Ruhango ni kamwe mu turere tugize Intara y'amajyepfo

  • Mu majyaruguru:Akarere ka Muhanga
  • Mu burasirazuba:Akarere ka Kamonyi na Bugesera
  • Mu majyepfo:Akarere ka Nyanza
  • Mu burengerazuba:Akarere ka Karongi na Nyamagabe.

Ubukungu bw'Akarere bushingiye ku buhinzi n'Ubworozi.

Intego yacu ni ukwakira neza abatugana


Ni byiza kuba mwahisemo urubuga mu Itumanaho (Website) rw'Akarere ka Ruhango. Uru rubuga rwashyiriweho kugirango dusangire ijambo kandi twungurane ibitekerezo namwe.
Ubwo ni bwo buryo abaturage b'iyi si dutuye bahisemo kugirango bahindure imibereho yabo muri iki gihe tugezemo. Aho gukomeza imibanire y'abakurambere babo yashingiraga ku moko, ibara ry'uruhu, idini, aho batuye, n'ibindi... Ku iyi si yacu itumanaho rifite uruhare ndasubirwaho mu mibanire y'abayituye, ryabaye ihuriro bakoresha mu bucuruzi, no yindi mibereho inyuranye yabo ya buri munsi.

 

Phase ya II y'Isoko rya Ruha ngo Igeze Kure yubakwa

Nyuma yo kurangiza imirimo yo kubaka Isoko rya Kijyambere rya Ruhango Phase ya Mber, ubu icyiciro cya kabiri cy'imirimo y'iryo soko yaratangiye kandi igeze kure.Icyiciro cya mbere cyarangiye kigizwe n'amaduka agera kuri 40 ndetse na stands zigera kuri 70. Icyiciro cya kabiri, hateganyijwe ko kizaba kigizwe n'amazu azaba yubatswe muri etage à 2 niveaux , ikazagira amaduka agera ku 140 na stands zirenga 200. Iri soko kandi rizaba rifite Ibiro , Ubwiherero bugezweho n'ibindi bice by'ingenzi. Muri rusange iri soko icyiciro cya mbere cyatwaye amafaranga agera kuri 200.000.000 naho icyiciro cya kabiri kikazatwara akayabo k'amafaranga akabakaba 500.000.000.

Muhawe ikaze mu Ruhango.

Abaturage benshi bagiye guhabwa Amashanyarazi mu Ruhango

Mu mihigo Akarere ka Ruhango kihaye harimo kugeza Umuriro w'amshyanyarazi ku baturage benshi. ku ikubitiro uduce tuzibandwaho ni inkengero z'Umugi wa Ruhango, mu rwego rwo guteza imbere imiturire inoze mu Mujyi wa Ruhango. Akarere ka Ruhango kiyemeje kugageza umuriro ku bantu barenga 200 badafite ubushobozi bagakorerwa ibintu byose kugeza umuriro ubagezeho. Abazahabwa umuriro ni bantu 63 kuri Ligne Ruhango- Gitisi, abantu 35 kuri Ligne Ruhango - Nyarusange, abantu 71 kuri Ligne Ruhango -Bumbogo n'abantu 31 kuri ligne Ruhango - Muyange. Kuri uyu murongo w'amashanyarazi n'abandi bafite ubushobozi bazafata umuriro bityo bacanire Umujyi wa Ruhango n'inkengero zawo. Hari kandi impano Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yemereye abaturage bo ku Ntenyo yo kubagezaho amashanyarazi, ubu installation y'insinga z'amashanyarazi zararangiye, umuntu wese wifuza umuriro w'amashanyarazi akaba azafatiraho. Aha kandi twavuga na Transfo y'Umuriro yashyizwe ku kigo cya ESI MUTIMA ku nkunga ya LANDAU yo mu gihugu cy'Ubudage. Ibi byose bikaba bigamije kuzamura uduce tw'icyaro.

Amazi. Ikigereranyo kyurugendo umuntu akora mu karere ka Ruhango kugira ngo abone amazi ni metero 855. ibyerekeye n'ikibazo kyamazi hari ingomero 392, amazi yamatiho 22 n'amavomero 243.

Ingendo n'itumanaho. Ibyerekeranye n'ingendo, akarere ka Ruhango gafite imihanda 16 ihuza imirenge yose y'akarere. Kubwimpanvu y'isuri n'okutitabwaho neza, nyinshi muri iyi mihanda imaze kwangirika kuburyo ikyeneye gusanwa. Akarere gafite ibiraro 19 ibyinshi bikyenewe gusanwa kuko bifite uruhare runini mugushobora guhuza imirenge yakarere mubukungu nimibereho myiza. Akarere ka ruhango gafite radio zigera kuri 34,563, amateleviziyo 273, telefone zitagendanwa 193, telefone zigendanwa 7,186, ubusanduku bwa posita 235, na kafe enterineti 3.

Ingufu. Inkwi nizo zikoreshwa kyane kingufu mubaturage. Zikoreshwa kyane kuburyo zitera ikibazo kyokwangiza ibidukikije nk'ibiti biri kubuso bwa hegitari 1,268. Ibyerekyeranye n'izindi ngufu, nk'amashanyarazi, aboneka muri twa santeri tumwe no mu migi nka Ruhango. Ingufu zumuyaga na Biyogazi ntabwo ziraboneka ariko ingufu zituruka kumirasire y'izuba ziri mu bikye bimwe by'akarere.

 
feed-image Feed Entries
IKARITA
ruhango.png
IMIBEREHO MYIZA
Ubuzima
Uburezi
Imikino
Umuco
Abatishoboye
Ibikorwa Remezo
UBUKUNGU
Ubuhinzi
Inganda
Ishoramari
Ubukerarugendo
Ubucuruzi
Imisoro
Imishinga
Ubutaka n'Imyubakire
Policy
Imiyoborere Myiza
Imihigo
Ubutabera
Agasozi Ndatwa
Itorero
Election
Umugenzuzi wa site
Copyright Republic of Rwanda, RUHANGO District.
Designed by Filmax / Gravisio