Kinihira: Hunamiwe ku nshuro ya 32 Abatutsi bishwe muri Jenoside bakajugunywa mu mugezi wa Nyabarongo
Kuri iki cyumweru 07 Kamena 2026 mu Murenge wa Kinihira, Akagari ka Bweramvura mu Karere ka Ruhango habereye igikorwa cyo kunamira no guha agaciro…
Ikawa yinjirije abaturage b’Akarere arenga miliyari 2 Frw mu mezi atatu
Igihingwa cy’ikawa gikomeje kuba inkingi y’iterambere ry’abaturage bo mu Karere ka Ruhango, aho cyinjirije abahinzi amafaranga arenga miliyari 2…
Ruhango yegukanye ibikombe bibiri mu Mikino ya nyuma y'Amashuri Kagame Cup 2026
Akarere ka Ruhango kongeye kwigaragaza mu rwego rw'imikino y'amashuri, nyuma y'uko amakipe yari agahagarariye yitwaye neza mu mikino ya nyuma ya…
Mu Murenge wa Mbuye hibutswe ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, hashyingurwa imibiri 3 yabonetse vuba
Kuri uyu wa 31 Gicurasi 2026, mu Murenge wa Mbuye habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, cyabereye ku Rwibutso rwa…
Abaturage b’Umurenge wa Mbuye basabwe gukomeza kugira uruhare mu bikorwa by’iterambere no kubungabunga ibyagezweho
Kuri uyu wa 30 Gicurasi 2026, abaturage b’Umurenge wa Mbuye bifatanyije n’Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango, Abadepite Hon. Tumukunde Gasatura Hope na…
Abatuye Umurenge wa Mbuye bahuriye mu Mugoroba w’Ikiriyo mu rwego rwo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi
Ku wa 30 Gicurasi 2026, abaturage b’Umurenge wa Mbuye, abayobozi n’inshuti zaturutse mu bice bitandukanye by’Igihugu bahuriye ku Rwibutso rwa Jenoside…
Abadepite basuye ibikorwa by’ubuhinzi n’iterambere mu Karere ka Ruhango
Abadepite bagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Hon. Tumukunde Gasatura Hope na Hon. Ndoriyobijya Emmanuel, bari gusura ibikorwa by'ubuhinzi mu…
Guverineri Kayitesi Alice yasuye Uruganda Kinazi Cassava Plant, ashima gahunda yo kurwagura no kongera umusaruro
Kinazi, Ruhango – Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Hon. Kayitesi Alice, ari kumwe n’abagize Inama y’Umutekano Itaguye y’Intara, Ubuyobozi bw’Akarere…
Abakozi b’Akarere ka Ruhango bakomeje kwimakaza siporo nk’umusingi w’ubuzima bwiza n’umusaruro mu kazi
Abakozi b’Akarere ka Ruhango bakomeje gahunda ya siporo isanzwe iba buri wa Gatanu kuva saa cyenda z’amanywa kugeza saa kumi n’imwe z’umugoroba (3:00…
Mu Karere ka Ruhango hibutswe ku nshuro ya 32 Abikorera bazize Jenoside yakorewe Abatutsi
Mu Karere ka Ruhango habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Abikorera bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ku rwego rw’Intara…
