Bamwe mu bagize imiryango yo mu Karere ka Ruhango yabanaga itarasezeranye, baravuga ko gusezerana mu mategeko bigiye kubafasha gukorera hamwe bagamije…
Kuwa 19 Werurwe 202, habaye umugoroba w'ikiriyo mu rwego rwo Kwibuka 31 Jenoside yakorewe Abatutsi ku Mayaga ya Kinazi na Ntongwe ahahoze ari muri…
Ubushakashatsi bwakozwe n'Ikigo cy'Igihugu cy'Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR), bwagragaje ko Akarere ka Ruhango kari ku mwanya wa 7 mu kugabanya…
Buri wakabiri abaturage baturutse mu Mirenge itandukanye bishimira ko bakirwa n’Abagize Komite Nyobozi y’Akarere, aho kuva saa 10:00 AM kugeza saa…
Imiremnge ikurikirana mu burryo bukurikira
1. Ntongwe
2.Kinazi
3.Byimana
4.Bweramana
5. Ruhango
Intore zari ku rugerero zakoze ibikorwa…
Ubwo habaga inteko y’abaturage mu Murenge wa Mwendo, Umuyobozi w’Akarere ka Ruhango Valens HABARUREMA yasabye abatuye Umurenge wa Mbuye gufata ingamba…
Ubwo bari mu gikorwa cyo gutangiza icyumweru cy’icyunamo n’iminsi ijana yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, ku Rwibutso rwa Kabagali ruherereye mu…
Leta yashyizeho gahunda y’ubwishingizi mu buhinzi n’ubworozi, ibyo bigatuma abahinzi bakorana ubuhinzi n’ubworozi icyizere ko batazahomba, kuko…
Ubwo batangiraga gahunda yo kwitegura Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, mu Murenge wa Mbuye mu Karere ka Ruhango ku Rwibutso rwa…