UMUYOBOZI W’AKARERE YASEZERANYIJE BYEMEWE N’AMATEGEKO IMIRYANGO 268 YO MU MIRENGE 9 YABANGA MU BURYO BUTEMWE

Bamwe mu bagize imiryango yo mu Karere ka Ruhango yabanaga itarasezeranye, baravuga ko gusezerana mu mategeko bigiye kubafasha gukorera hamwe bagamije…

Read more →

Ruhango: Amarushanwa mu midugudu yazamuye ibipimo by’akarere

Umuyobozi w’akarere ka Ruhango Habarurema Valens yasabye abayobozi mu nzego zose guharanira kuba ingirakamaro, ndetse abibutsa gukora cyane; hagamijwe…

Read more →

MENYA UKO UTURERE DUKURIKIRANA MU RWANDA GUTANGGA SERIVISI Z'IREMBO KUBATURAGE UMWAKA WA 2024/2025

Ubushakahatsi bwakozwe n'ikigo gitanga serivisi z'ikoranabuhanga mu Rwanda ‘Irembo’ bugaragaza uko uturere twesheje umuhigo mu guha serivisi abaturage…

Read more →

RUHANGO: ABASAGA IBIHUMBI 11 BATANGIYE IBIZAMINI BISOZA AMASHURI YISUMBUYE

Mu Karere hose hatangijwe  ibizamini bisoza amashuri yisumbuye, ku rwego ryw'Akarere bitangirizwa mu Murenge wa Ruhango kuri ES Ruhango. 

Ubuyobozi…

Read more →

ubuyobozi bw'AKARERE BWAKIRIYE ITSINDA RY'ABAKOZI BA NISR BAJE GUSUZUMA IBYAGEZWEHO/ IMIHIGO Y'UMWAKA W 2024/2025

Hatangiye igikorwa cyo gusuzuma  Imihigo yumwaka wa 2024/20225 mu Karere. Ni igikorwa kiri gukorwa n'Itsinda ry'abakozi ba NISR kizamara iminsi itatu…

Read more →

Byimana: BAKIRIYE UMUVUNYI MUKURU WUNGIRIJE

Umuvunyi wungirije ushinzwe kuwanya ruswa, Dr Abbas Mukama  yifatanije n’Ubuyobozi bw'Akarere n'inzego zitandukanye  ndetse n’abaturage mu Nteko. Iki…

Read more →

Ruhango: bishimira umuyoboro w'amazi wuzuye uzahaza abarenga ibihumbi 10000

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango buvuga ko bwubatse umuyoboro ugamije guha amazi abarenga ibihumbi 10.

Uyu muyoboro w’amazi mushya wuzuye wubatswe…

Read more →

Ruhango: nyuma y'imyaka 31, abaturage bakomeje kwishimira ibikorwaremezo begerejwe

Mu gihe u Rwanda ruri mu birori by’isabukuru yo Kwibohora ku nshuro ya 31, abatuye mu Karere ka Ruhango bishimira ko bibohoye ndetse begerejwe amazi…

Read more →

Abafatanyabikorwa biteguye kuziba icyuho cy’inkunga yahagaritswe

Ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu iterambere ry’Akarere ka Ruhango JADF, baratangaza ko biteguye kugira uruhare mu kuziba icyuho cy’inkunga z’amahanga…

Read more →

MENYA IMISHINGA IZAFASHA ABATURAGE KUBONA AMAZI KU GIPIMO CYO HEJURU MU KARERE HOSE

Mu Karere hari kubakwa imiyoboro y’amazi itandukanye izafasha abaturage bataragerwaho n’amazi gusezerera urugendo rurenze metero 500 bajya kuvoma. 

I…

Read more →