Bamwe mu bagize imiryango yo mu Karere ka Ruhango yabanaga itarasezeranye, baravuga ko gusezerana mu mategeko bigiye kubafasha gukorera hamwe bagamije…
Umuyobozi w’akarere ka Ruhango Habarurema Valens yasabye abayobozi mu nzego zose guharanira kuba ingirakamaro, ndetse abibutsa gukora cyane; hagamijwe…
Ubushakahatsi bwakozwe n'ikigo gitanga serivisi z'ikoranabuhanga mu Rwanda ‘Irembo’ bugaragaza uko uturere twesheje umuhigo mu guha serivisi abaturage…
Mu Karere hose hatangijwe ibizamini bisoza amashuri yisumbuye, ku rwego ryw'Akarere bitangirizwa mu Murenge wa Ruhango kuri ES Ruhango.
Ubuyobozi…
Hatangiye igikorwa cyo gusuzuma Imihigo yumwaka wa 2024/20225 mu Karere. Ni igikorwa kiri gukorwa n'Itsinda ry'abakozi ba NISR kizamara iminsi itatu…
Umuvunyi wungirije ushinzwe kuwanya ruswa, Dr Abbas Mukama yifatanije n’Ubuyobozi bw'Akarere n'inzego zitandukanye ndetse n’abaturage mu Nteko. Iki…
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango buvuga ko bwubatse umuyoboro ugamije guha amazi abarenga ibihumbi 10.
Uyu muyoboro w’amazi mushya wuzuye wubatswe…
Mu gihe u Rwanda ruri mu birori by’isabukuru yo Kwibohora ku nshuro ya 31, abatuye mu Karere ka Ruhango bishimira ko bibohoye ndetse begerejwe amazi…
Ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu iterambere ry’Akarere ka Ruhango JADF, baratangaza ko biteguye kugira uruhare mu kuziba icyuho cy’inkunga z’amahanga…
Mu Karere hari kubakwa imiyoboro y’amazi itandukanye izafasha abaturage bataragerwaho n’amazi gusezerera urugendo rurenze metero 500 bajya kuvoma.
I…