Bamwe mu bagize imiryango yo mu Karere ka Ruhango yabanaga itarasezeranye, baravuga ko gusezerana mu mategeko bigiye kubafasha gukorera hamwe bagamije…
buyobozi bw’Akarere ka Ruhango bwasabye Ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu Iterambere ry’Akarere(JADF) guha serivisi nziza ababagana ishingiye ku…
Abatuye Umurenge wa Byimana bakomeje gukora ibikorwa bitandukanye bifasha abaturage kuzamura imibereho myiza no kwiteza imbere binyuze mu marushanwa…
kuwa 29 Gicurasi 2025 Abaturage b'Umurenge wa Ruhango/Akagri ka Munini ubwo basurwaga n'Abadepite muri gahunda yo kureba uko bahabwa serivisi n'uko…
Abadepite Hon. NIYONGANA Gallican (TL), GIHANA Donatha na Hon. ICYIZANYE Masozera bakomeje uruzinduko rw'akazi aho basuye Umurenge wa Ruhango bakorana…
Mu Inteko rusange y'inama y'igihugu y'abantu bafite ubumuga mu Karere aho yayobowe n'Ubuyobozi bw'Akarere. Harebwe imikorere y'amakoperative…
Itsinda ry'Abadepite riyobowe na Hon. GIHANA Donatha (TL) na Hon. ICYIZANYE Masozera ryakiriwe n'Ubuyobozi bw'Akarere. Ni uruzinduko rw'akazi rugamije…
NGO yitwa ZOE RWANDA yatanze ibikoresho by'imyuga ku rubyiruko 42 rwo mu Murenge wa Byimana rwize imyuga ariko bakaba batari bafite ubushobozi bwo…
Ubuyobozi bw'Akarere bwakiriye itsinda rya ONG yitwa Amitié AM sand-Amizero y'abantu baturuka mu Gihugu cya Luxembourg, basanzwe bafite ibikorwa mu…
Bamwe mu bahinzi ba kawa bo mu Mirenge itandukanye barishimira ko sizeni yagenze neza ubu mu gihe kitarenze amezi atatu babonye mafaranga yikubye…