UMUYOBOZI W’AKARERE YASEZERANYIJE BYEMEWE N’AMATEGEKO IMIRYANGO 268 YO MU MIRENGE 9 YABANGA MU BURYO BUTEMWE

Bamwe mu bagize imiryango yo mu Karere ka Ruhango yabanaga itarasezeranye, baravuga ko gusezerana mu mategeko bigiye kubafasha gukorera hamwe bagamije…

Read more →

ABAFATANYABIKORWA B'AKARERE BARASABWA gutanga Serivisi ishingiye ku ikoranabuhanga

buyobozi bw’Akarere ka Ruhango bwasabye Ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu Iterambere ry’Akarere(JADF) guha serivisi nziza ababagana ishingiye ku…

Read more →

BYIMANA : BIYEMEJE KO NTAWUZABAHIGA MU BIPIMO BITEZA IMBERE IMIBEREHO MYIZA

Abatuye Umurenge wa Byimana bakomeje gukora ibikorwa bitandukanye bifasha abaturage kuzamura imibereho myiza no kwiteza imbere binyuze mu marushanwa…

Read more →

abahinzi barasabwa kutotsa imyaka bejeje yose

kuwa 29 Gicurasi 2025 Abaturage b'Umurenge wa Ruhango/Akagri ka Munini ubwo basurwaga n'Abadepite muri gahunda yo kureba uko bahabwa serivisi n'uko…

Read more →

INTUMWA ZA RUBANDA ZIKOMEJE GUSURA IMIRENGE ITANDUKANYE MU KARERE ZIGAKORANA INTEKO N'ABATURAGE

Abadepite Hon. NIYONGANA Gallican (TL), GIHANA Donatha na Hon. ICYIZANYE Masozera bakomeje uruzinduko rw'akazi aho basuye Umurenge wa Ruhango bakorana…

Read more →

abafite ubumuga mu KARERE BIYEMEJE GUKOMEZA KWITINYUKA BAKORA IBIKORWA BIBATEZA IMBERE

Mu Inteko rusange y'inama y'igihugu y'abantu bafite ubumuga mu Karere aho yayobowe n'Ubuyobozi bw'Akarere. Harebwe imikorere y'amakoperative…

Read more →

INTUMWA ZA RUBANDA ZIJE GUSURA ABATURAGE NO KUREBA UKO BAHABWA SERIVISI MU NZEGO ZITANDUKANYE

Itsinda ry'Abadepite riyobowe na Hon. GIHANA Donatha (TL) na Hon. ICYIZANYE Masozera ryakiriwe n'Ubuyobozi bw'Akarere. Ni uruzinduko rw'akazi rugamije…

Read more →

urubyiruko rwize imyuga rwiyemeje kubyaza umusaruro ibikoresho rwahawe

NGO yitwa ZOE RWANDA yatanze ibikoresho by'imyuga ku rubyiruko 42 rwo mu Murenge wa Byimana rwize imyuga ariko bakaba batari bafite ubushobozi bwo…

Read more →

GS MBUYE IGIYE KUVUGURURWA NDETSE HUBAKWE N'INYUBAKO ZIGEZWEHO KUBUFATANYE NA ONG Amitié AM sand-Amizero

Ubuyobozi bw'Akarere bwakiriye itsinda rya ONG yitwa Amitié AM sand-Amizero y'abantu baturuka mu Gihugu cya Luxembourg, basanzwe bafite ibikorwa mu…

Read more →

RUHANGO: ABAHINZI BA KAWA BARABYINIRA KU RUKOMA

Bamwe mu bahinzi ba kawa bo mu Mirenge itandukanye barishimira ko sizeni yagenze neza ubu  mu gihe kitarenze amezi atatu babonye mafaranga yikubye…

Read more →