UMUYOBOZI W’AKARERE YASEZERANYIJE BYEMEWE N’AMATEGEKO IMIRYANGO 268 YO MU MIRENGE 9 YABANGA MU BURYO BUTEMWE

Bamwe mu bagize imiryango yo mu Karere ka Ruhango yabanaga itarasezeranye, baravuga ko gusezerana mu mategeko bigiye kubafasha gukorera hamwe bagamije…

Read more →

barasabwa gukoresha neza ubufasha bahabwa na leta bakiteza imbere

Mu Karere hose hakozwe umuganda rusange kuwa 26 Mata 2024. Ni igikorwa cyitabiriwe n’Ubuyobozi bw' Akarere, Inzego z'umutekano aho bifatanyije…

Read more →

ABIKORERA BARASABWA GUKOMEZA KUZAMURA IMYUMVIRE KU RWEGO RWO HEJURU

Mu Karere hose habaye inteko mu Tugari dutandukanye tugize Akarere. Ubuyobozi bw'Akarere bwayoboye inteko mu Tugari twa Nyamagana/Ruhango Sector na…

Read more →

UBUKERARUGENDO BUSHINGIYE KU IYOBOKAMANA BWASIGIYE BENSHI AGATUBUTSE MU MUJYI WA RUHANGO

Abikorera bo mu Mujyi wa Ruhango n’inkengero zayo barabyinira ku rukoma babikesha ubukerarugendo bushingiye ku iyobokamana bumaze gushing imizi. Bamwe…

Read more →

RUHANGO: URUBYIRUKO RUKORA UBUHINZI RWASABWE GUKORA NO KUBYAZA UMUSARURO AMAHIRWE AHARI

Bamwe mu rubyiruko rukora ubuhinzi bugezweho hifashijwe ikoranabuhanga rizwi nka ‘Green House’  rwasuwe n'Ubuyobozi bw'Akarere . Harebwe aho imirimo…

Read more →

RUHANGO: URUBYIRUKO RWAHANZE IMBABURA ZIGEZWEHO ZITANGIZA IBIDUKIKIJE ZIFASHISHA IBISIGAZWA BY’IBIKOMOKA KU BIMERA

Ubuyobozi bw’Akarere n’ Umuftanyabikorwa AVSI Rwanda, bafunguye ku mugaragro ibikorwa byo gukora Imbabura zitangiza ibidukikije na burikete…

Read more →

Minisitiri Dr Valentine Uwamariya yasabye buri wese kwamagana abatoneka imitima y'abanyarwanda bapfobya Jenoside

Abaturage barimo n'abize barasabwa kwirinda ingengabitekerezo ya jenoside no kwamagana kandi bakima amatwi abagipfobya jenoside yakorewe abatutsi. Ni…

Read more →

HARASABWA KO UBUHAMYA, AMAJWI N’AMASHUSHO BIKORWA MU GIHE CYO KWIBUKA BIBIKWA MU NZU Y’AMATEKA YA JENOSIDE.

Ubuyobozi bw’Umuryango Uharanira inyungu z’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, IBUKA, butangaza ko usibye kwigisha amateka ya Jenoside, inzu…

Read more →

RUHANGO: Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi ku Mayaga mu yahoze ari Komini Ntongwe, ubu ni mu Murenge wa Kinazi Ntongwe, barishimira kuba imirimo yo kubaka inzu y’amateka basabye igihe kinini yaratangiye kubakwa.

Abarundi bavugwaho ubugome ndengakamere kuko uretse no kwica, bararenze bakajya basatura Abatutsi bishe bakotsa imitima yabo ku mbabura bakayirya,…

Read more →

Ruhango: Bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu Mayaga bavuga ko impunzi z’Abarundi zishe Abatutsi zikotsa ibice bimwe by’imibiri yabo.

Ibi abarokotse Jenoside babivuze ubwo hibukwaga ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 igikorwa cyabereye mu Murenge wa Kinazi, Akarere ka…

Read more →