UMUYOBOZI W’AKARERE YASEZERANYIJE BYEMEWE N’AMATEGEKO IMIRYANGO 268 YO MU MIRENGE 9 YABANGA MU BURYO BUTEMWE

Bamwe mu bagize imiryango yo mu Karere ka Ruhango yabanaga itarasezeranye, baravuga ko gusezerana mu mategeko bigiye kubafasha gukorera hamwe bagamije…

Read more →

Minisitiri wa Rhénanie Palatinat ushinzwe ubucuruzi, ubwikorezi, ubuhinzi n'ubuhinzi bw'imizabibu yasuye Akarere ka Ruhango

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 30 Kanama 2019 Minisitiri ushinzwe ubucuruzi, ubwikorezi, ubuhinzi n'ubuhinzi bw'imizabibu mu Ntara ya Rhénanie Palatinat…
Read more →

Ibibazo bibangamiye imibereho myiza y’abaturage bizakemurwa burundu mu mezi abiri

Iyi ni intego ya Gahunda idasanzwe igamije kurangiza mu buryo buhamye kandi burambye ibibazo bibangamiye imibereho myiza y'abaturage n'ibihungabanya…
Read more →

Aborozi b’intangarugero basabwe kuba “umusemburo w’ubworozi bwa kijyambere”

Aborozi b’intangarugero barahamagarirwa gufasha bagenzi babo gutera intambwe mu bworozi bwa kijyambere.
Read more →

Ukwezi kw’ibikorwa bya Polisi kwerekanye ko aho ubufatanye buri byose bishoboka

“Aho ubufatanye buri byose birashoboka”. Guverineri w’Intara y’Amajyepgo yabibwiye abitabiriye igikorwa cyo gusoza ukwezi kw’ibikorwa by'ubufatanye…
Read more →

Abifuza kuba muri ba Malayika Murinzi basobanuriwe ibiranga Malayika Murinzi n’inshingano ze

Kuri uyu wa gatatu tariki 14 Kanama 2019 ababyeyi 22 baturutse mu Mirenge yose igize Akarere ka Ruhango bagaragaje ubushake bwo kuba ba Malayika…
Read more →

Umunsi mpuzamahanga w’urubyiruko: Urubyiruko rwongeye gusabwa kwirinda ibiyobyabwenge n’ingeso mbi, rushishikarizwa kwiga imyuga

Kimwe n’ahandi hose mu Gihugu, ku wa gatandatu tariki ya 10 Kanama 2019 mu Mirenge yose igize Akarere ka Ruhango hizihijwe umunsi mpuzamahanga…
Read more →

Kubaka inyubako z’amashuri muri uyu mwaka wa 2019-2020 byatangijwe ku mugaragaro

Ku wa gatandatu tariki ya 10 Kanama 2019 mu Mirenge y'Akarere ka Ruhango habaye umuganda udasanzwe wo gutangiza ku mugaragaro ibikorwa byo kubaka…

Read more →

Hatangijwe ubuhangurambaga ku isuku n’umutekano bufite insanganyamatsiko igira iti “Haranira u Rwanda rucyeye, rutoshye kandi rutekanye”

Ku gicamunsi cyo ku wa kabiri tatiki ya 6 Kanama 2019 mu Mirenge yose igize Akarere ka Ruhango hatangijwe ubukangutambaga ku mutekano n'isuku ku…
Read more →

Kwizihiza umuganura: Umwanya wo kwishimira umusaruro wabonetse no gufata ingamba zo kuwongera

Kwizihiza Umuganura ni umwanya wo gusubiza amaso inyuma hagamijwe kureba umusaruro wabonetse n'ibyiza byagezweho, kubyishimira, no gufata ingamba zo…
Read more →