UMUYOBOZI W’AKARERE YASEZERANYIJE BYEMEWE N’AMATEGEKO IMIRYANGO 268 YO MU MIRENGE 9 YABANGA MU BURYO BUTEMWE

Bamwe mu bagize imiryango yo mu Karere ka Ruhango yabanaga itarasezeranye, baravuga ko gusezerana mu mategeko bigiye kubafasha gukorera hamwe bagamije…

Read more →

Mbuye: Bongeye kwingigirwa gutanga amakuru y’ahajugunywe imibiri y'Abatutsi bishwe muri Jenoside itarashyingurwa kugira ngo ishyingurwe mu cyubahiro

Ku cyumweru tariki ya 1 Gicurasi 2022, mu Murenge wa Mbuye habaye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakoreye Abatutsi mu Rwanda mu 1994,…
Read more →

Ruhango: Gahunda y'Igitondo cy'Isuku imaze kuba umuco

Nk'uko bimaze kumenyerwa, mu Karere ka Ruhango, kuwa kabiri buri cyumweru abayobozi mu nzego za Leta n'izindi nzego, abaturage n'abafatabyanyabikorwa…
Read more →

Kinazi: Inzu y'amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi ku Rwibutso rw'Akarere izatangira kubakwa mu mwaka utaha w'ingengo y'imari

Ku cyumweru tariki ya 24 Mata 2022 ku Rwibutso rw'Akarere ka Ruhango ruherereye mu Murenge wa Kinazi habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 28…
Read more →

Umuganda rusange wa Mata 2022 wibanze ku bikorwa byo kurwanya isuri

Kimwe no mu tundi Turere twose tw’Igihugu, kuri uyu wa gatandatu tariki 23/4/2022, mu Mirenge igize Akarere ka Ruhango habaye Umuganda rusange…
Read more →

Basabwe kwirinda ingengabitekerezo ya Jenoside no gushyira imbere Ubunyarwanda

Mu gihe ku wa kane tariki ya 7 Mata 2022 mu Rwanda twatangiye icyumweru cy’icyunamo n’igihe cy’iminsi 100 cyo kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside…
Read more →

Bizeye ko kuba Imidugudu yabo imaze kugira ibiro bizatuma serivisi z’uru rwego zirushaho kuba nziza

Abaturage bo mu Midugudu ya Cyobe na Bisambu barishimira ko, bafatanyije n’ubuyobozi, babashije kwiyubakira ibiro by’Imidugudu yabo. Abayobozi b’iyo…
Read more →

Umwaka w’ingengo y’imari 2021-2022 utangiye abamaze kwishyura mituweri barenga 60%

Kuva u Rwanda rushyizeho gahunda y’ubwisungane mu kwivuza izwi nka mituweri, bibaye ubwa mbere abaturage b’Akarere ka Ruhango batangira umwaka…
Read more →

Mu mezi atatu ari imbere mu Karere ka Ruhango hazaba huzuye ibyumba by’amashuri bisaga 500

Mu mezi atatu ari imbere mu Turere twose tw’Igihugu hazaba huzuye ibyumba by’amashuri 22505 bizafasha abana kwiga hafi kandi bisanzuye. Gutangiza ku…
Read more →

Mu Isoko rya Ruhango hatashywe ubukarabiro bugezweho

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 16 Kamena 2020 mu Isoko rya Kijyambere rya Ruhango nibwo hatashywe ku mugaragaro ubukarabiro bwa…
Read more →