UMUYOBOZI W’AKARERE YASEZERANYIJE BYEMEWE N’AMATEGEKO IMIRYANGO 268 YO MU MIRENGE 9 YABANGA MU BURYO BUTEMWE

Bamwe mu bagize imiryango yo mu Karere ka Ruhango yabanaga itarasezeranye, baravuga ko gusezerana mu mategeko bigiye kubafasha gukorera hamwe bagamije…

Read more →

Barasabwa gukemura bwangu ibibangamira ireme ry’uburezi kandi bafitiye ubushobozi bwo gukemura

Gushyira imbaraga mu gusura imiryango no kuyishishikariza gukangurira abana kudata no kudasiba ishuri, gushyira imbaraga mu gusura abarimu, gutanga…
Read more →

Mu gutangiza ukwezi ko kuzirikana Ubumwe n’Ubwiyunge hibukijwe ko kuba umwe ari amahitamo y’Abanyarwanda

Ku wa kabiri tariki ya 01 Ukwakira 2019 mu Gihugu hose hatangijwe ukwezi ko kuzirikana ku bumwe n’ubwiyunge bw’Abanyarwanda. Gutangiza uku kwezi…
Read more →

Ibyaranze umuganda rusange w’ukwezi kwa Nzeri 2019 mu Karere ka Ruhango

Mu Mirenge igize Akarere ka Ruhango Umuganda rusange w’ukwezi kwa Nzeri 2019 waranzwe no gufata neza ibikorwa remezo ndetse n’ibikorwa byo gukemura…
Read more →

Hakenewe ubufatanye bw’abantu bose n’ubw’inzego mu gukumira no kurwaya ihohoterwa

Ihohoterwa rishingiye ku gitsina ni ikibazo gikomeye, kukirwanya bikaba bisaba ubufatanye bwa buri muntu wese, n’ubw’inzego zose.
Read more →

Ruhango ikeye: Ibibazo bibangamiye imibereho myiza y’abaturage bigomba kuba byarangije gukemuka mu gihe cyateganyijwe

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 25 Nzeri 2019 ku kicaro cy’Akarere ka Ruhango habereye inama nyunguranabitekerezo ku ngamba nshya zo gushyira mu bikorwa…
Read more →

Imitegurire y’umuganda igomba kunozwa kugira ngo hakorwe koko ibikorwa bibasha kuzana impinduka

Inama ya Komite Tekiniki y’umuganda ku rwego rw’Akarere ka Ruhango yateraniye ku kicaro cy’Akarere ku wa mbere tariki ya 23 Nzeri 2019 yemeje ko…
Read more →

Abarezi barasabwa kuzirikana uruhare rwabo mu guhidura imyumvire n’imigirire by’abaturanyi babo

Mu nama ubuyobozi bw’Akarere bwagiranye n’abarimu bo mu mashuri y’inshuke, abanza n’ayisumbuye yo mu Mirenge ya Byimana, Mbuye na Mwendo ikaba…
Read more →

Abahinzi barashishikarizwa kurushaho kwita ku guhingwa cya kawa

Abahinzi barashishikarizwa kurushaho gukorera kawa neza kugira ngo irusheho gutanga umusaruro mwiza kandi mwinshi.
Read more →

Umuganda rusange wa Kanama waranzwe ahanini no gutegura ahazubakwa ibyumba by’amashuri ndetse no kubakira abatishoboye

Nk’uko bisanzwe, mu Rwanda umunsi wa gatandatu wa nyuma buri kwezi wahariwe umuganda rusange w’ibikorwa bigamije gukemura ibibazo binyuranye,…
Read more →